in

Diamond Platnumz watengushye abanyarwanda yongeye gutumirwa mu gitaramo i Kigali

Diamond Platnumz yongeye gutumirwa mu Rwanda nyuma y’uko igitaramo yagombaga kuhakorera tariki 23 Ukuboza 2022 cyapfuye mu buryo budasobanutse, we agahamya ko byatewe n’ubunyamwuga buke bw’abamutumiye.

Abatumiye Diamond batangaje ko basubitse igitaramo ndetse biteguye kugisubukura muri Werurwe 2023.

Amakuru avuga ko abari bategereje igitaramo cy’uyu muhanzi muri Werurwe 2023 bashobora gukurayo amaso bagakomeza kumutegereza kugeza muri Kanama 2023.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tottenham yemeje ko Antonio Conte agiye kuva ku mirimo ye

Byiringiro Lague yavuze amagambo yuzuye ubwishongozi mbere yo kwerekeza i Burayi