in

Titi Brown ari mu rukundo

Umubyinnyi w’umunyarwanda Ishimwe Thierry uzwi nka Titi Brown yatangaje ko ari mu rukundo ndetse avuga ko yutegura kwishimira umunsi w’abakundana arikumwe n’umukunzi we.

Mu kiganiro yagiranye na InyaRwanda dukesha iyi nkuru yabajijwe niba ukwezi kw’abakundana turimo hari icyo kumubwiye, avuga ko gihari cyane ko afite umukunzi.

Titi Brown yavuze ko n’ubwo afite umukunzi, bitagomba kubera imbogamizi abifuza kuba bamwereka urukundo ku munsi w’abakundana wa Saint Valante.

Ati “Mfite umukunzi ariko ntibizabuze abakunzi banjye kunyereka urukundo, ndacyarukeneye. Umukunzi ndamufite kandi mwiza koko”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Indirimbo ya Weekend! Umuhanzi Obah Muziki yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya ikomeje gukundwa na benshi -Video

RIB yahise imutambikana! Bekeni wa Etincelles yakubise umutwe w’ingusho Aboubakar wa Marine ahita agwa hasi -Amafoto