in

Thierry Froger ashobora kubisikana n’umutoza mushya muri APR FC

Ikipe y’ingabo z’igihugu inzwi nka APR FC nyuma y’uko ihisemo kudakomezanya na Thierry Froger ubu biravugwa ko uri mu biganito na Aritz Lopez Garai ukomoka mu gihugu cya Espagne.

Uyu mutoza akaba asanzwe atoza ikipe ya FC Nouadhibou yo muri Mauritania niwe bikomeje kuvugwa ko ari mu biganiro byo kuba yatoza ikipe ya APR FC.

Thierry Froger agiye kuva muri APR FC nyuma yo kuyihesha igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda idatsinzwe umukino n’umwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

I Nyarugenge umusore yahuriye muri bus n’umukobwa biza kurangira bakundanye ndetse bakora n’ibyo abakundana bakora nyuma umusore aza gusanga ari Nyina wamutaye cyera akimubyara

Mu mikino inogeye ijisho APR WVC na Police WVC zageze ku mukino wa nyuma wa kamarampaka.