in

I Nyarugenge umusore yahuriye muri bus n’umukobwa biza kurangira bakundanye ndetse bakora n’ibyo abakundana bakora nyuma umusore aza gusanga ari Nyina wamutaye cyera akimubyara

Ku mbuga nkoranyambaga inkuru itangaje cyane yakomeje gusakara, inkuru y’umusore wakundanye na Nyina aziko ari undi muntu usanzwe bahuye.

Uyu musore avuga ko yari asanzwe abana na Nyirakuru nyuma akaza kujya mu mujyi wa Kigali guhiga ubuzima, ndetse akaza gukundana n’umukobwa bahuriye muri Bus.

Ubwo uyu musore yari amaze igihe yasubiye  kwa Nyirakuru,  ariko akajya akunda kumubaza  Mama we ngo byibuza amumenye kuko atari amuzi.

Nyirakuru yamubwiye ko Nyina yamubyaye afite imyaka 17, ndetse akamuta aho akigendera. Ubwo yamweretse ifoto ya Nyina, umusore yakubiswe n’inkuba kuko yabonaga uwo muntu atari ubwambere amubonye.

Yasanze ari wa mugore bakunda ndetse ngo bari baramaze no gukora ibyo bakora, iby’abakundana.

Kuri ubu yu musore ari kugisha inama, ese amubwize ukuri ko ari umuhungu we, cya amureke bakomeze bikundanire ?

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho Bruce Melodie yageze ku kibuga k’indege abura umuntu numwe umwakira abura n’imodoka yo gutahamo

Thierry Froger ashobora kubisikana n’umutoza mushya muri APR FC