in

“Sorry Prince” Rutahizamu wa Rayon Sports, Rudasingwa Prince yirukanywe nabi muri Academy ya APR FC – VIDEWO

Rutahizamu wa Rayon Sports, Rudasingwa Prince yavuze ukuntu yirukanwe nyuma y’imyaka 3 aba muri Academy ya APR FC.

Mu kiganiro yagiranye na Televiziyo Rwanda, Prince yagize ati “Umutoza Rubona yanyoherereje ubutumwa kuri phone ngo SORRY PRINCE”.

Iyi SMS yatumye yumva ko ubuzima burangiye ariko nyuma yibyo yakomeje guhura n’ubuzima bugoye kugera uyu munsi Ubwo ari umukinnyi wa Rayon Sports.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byiringiro Lague ibyo yakoze mu mukino wahuje Amavubi na Botswana bishobora gutuma afatirwa ibihano bikakaye mu ikipe y’igihugu Amavubi

Umunyamakuru Faustinho Simbigarukaho yatangaje impamvu yamuteye kuva aho yakoraga akerekeza kuri radiyo Isibo Fm imaze ibyumweru bibiri ishinzwe