in

Shaddyboo yakije umuriro ukomeye kuri Twitter

Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddyboo yongeye kwatsa umuriro kuri twitter nyuma yo gushyira hanze ifoto y’umusore avuga ko ari we yifuza kubona mu irushanwa rya Mr Rwanda ahamya ko abajyamo nta bushobozi bafite.

Ni nyuma y’igihe uyu mugore avuga ko iri rushanwa ryagiye rigaragaramo abasore badafite ibigango nk’uko yagiye abigarukaho kenshi.Mu butumwa yashyize kuri Twitter yagaragaje ifoto y’umusore wibigango wicaye ku mucanga maze abwira abantu ko ari nk’uwo musore yifuza ko yajya mu irushanwa rya Mr Rwanda bitaba ibyo iri rushanwa rigahagarikwa.Ibi byatumye abamukurikira batangira kumwibasira bamushinja ko afite irari ry’abasore,abandi bamusaba kubyara abe akaba aribo ajya muri iri rushanwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mwalimukazi yakoreye ibya mfura mbi umunyeshuri mu biro

Kuri ubu ntiwaburara ufite amano y’ibirenge