in

Kuri ubu ntiwaburara ufite amano y’ibirenge

Mu gihe muri iyi minsi abantu bameze nabi, abenshi batangiye guhiga icyababeshaho aho byaca hose haba no kuva amaraso abenshi barayava.

Muri Zimbabwe, amano y’ibirenge yabaye imari ishyuahye aho ino rimwe barimo baryishyura amadori 20,000 ku bantu bayagura gusa ariko ngo ntabwo bizwi neza icyo ayo mano akorerwamo.

Abantu bajyaga bagurisha impyiko ariko ngo muri Zimbabwe abasigaranye amano yose ni abantu mbarwa.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Shaddyboo yakije umuriro ukomeye kuri Twitter

Umukobwa ufite akazi keza yahishuye uburyo umukunzi we yenda kumwicisha amafaranga