in

Shaddy Boo yakorakoye Kidum Kibido atangira kuvuga mu ndimi kugeza ubwo amukuyemo ikote bombi bari ku rubyiniro none iryo kote ryabuze – Videwo

Mu gitaramo cyabereye mu Bubiligi ku mugoroba w’iki cyumweru, Shaddy Boo yakorakoye umuhanzi w’i Burundi kugeza ubwo amukuyemo ikote gusa ariko ryabuze kugeza ubu ntabwo riraboneka.

Kidum Kibido abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yagize ati “Ntabwo ndabona ikote ryanjye! Nyamuneka uwaritwaye rwose yaringarurira!!”

Aba bombi bari bahuriye mu gitaramo cyari cyabereye mu Bubiligi, kiyobowe n’icyamamare Shaddy Boo wabyinishije Kidum maze atangira kuvuga mu ndimi.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Vestine na Dorcas besheje agahigo

Akumiro n’amavunja: Umusore muto cyane wihinduye umugore agiye kwibaruka inda yatewe n’umukobwa wihinduye umugabo