in

Sadio Mane niwe uri kugarukwaho cyane n’abenshi nyuma yaho hahamagawe ikipe y’igihugu ya Senegal

Mu minota micye ishize, umutoza w’ikipe y’igihugu ya Senegal amaze guhamagara abakinnyi azakoresha mu gikombe cy’isi harimo na Rutahizamu Sadio Mane.

Sadio Mane Nyuma yaho yari amaze iminsi bivugwa ko atazaboneka mu mikino y’igikombe cy’isi yamaze guhamagarwa mu bakinnyi Aliou Cisse azakoresha.

Abantu benshi bakomeje kwibaza niba uyu musore yahamagawe ari muzima cyangwa ari ukugirango azafashe abandi bakinnyi bahamagawe bose bazakina iki gikombe.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gakenke: Umubyeyi yatoraguye umwana w’uruhinja rw’ukwezi kumwe mu murima w’ibishyimbo

Umugabo wari warihebeye imikino y’amahirwe izwi nka bet yaguye igihumure ahita apfa nyuma yo kuribwa inshuro 2 gusa ibyatunguye benshi ni uburyo yashyinguwemo