in

Rutahizamu ukomeye w’umunya-Nigeria yamaze kwemererwa gukinira Amavubi

Mu minsi yashize nibwo inkuru yuko Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Nigeria Ani Elijah ari kwifuza gukinira ikipe y’igihugu cy’u Rwanda Amavubi.

Nyuma yo gusaba ubwenegihugu bw’u Rwanda ndetse akanabuhabwa, uyu musore ukinira ikipe ya Bugesera Fc, yari ategereje ko umutoza azamugirira ikizere akamuhamagara mu Mavubi.

Kuri ubu uyu musore yamaze guhamagarwa mu Mavubi ndetse yasanze bagenzi be mu mwiherero aho bari kwitegura gukina na Bennin ndetse na Lesotho mu mikino yo gushaka tike yo kujya mu gikombe k’isi 2026.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore wakuriye mu buzima bwo ku muhanda nyuma akaza kugafata agiye kugaruka kubaka ishuri mu Rwanda

Ubushakashatsi bugaragaza ko amatungo nayo asigaye yiharaje ubutinganyi