in

NdababayeNdababaye

RUHANGO: Umugore yaroze abantu batanu bo mu muryango umwe barasara(Video).

Mu karere ka Ruhango mu murenge wa Mbuye ,mu kagari ka Mbuye haravugwa inkuru y’umugore waroze abantu batanu bavuka mu muryango umwe aho bafashwe n’indwara zo mu mutwe bakirukanka bambaye ubusa.

Mu baganiriye na BTN bavuze ko uyu mugore yagiye ababwira ngo bajye bamwubaha, nibatabikora bazahura n’akaga.Bavuga ko bamubajije uko ashaka ko bamwubaha, ababwira ko bagomba kubaha imbaraga zabakurambere bagaterekera, ndetse ntibajye no gusenga.Maze baje kubirengaho bajya gusenga, ndetse bamubwira ko batabasha guterekera.Nibwo yahise atangira kubatereza imyuka mibi.Kuri ubu ngo barasara bagakuramo imyenda ku gasozi ndetse bakavuga amagambo aterekeranye y’abarwayi b’indwara zo mu mutwe.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Pamella areruye ku rukundo rwe na The Ben.

Ibiteye amatsiko wamenya ku muhanzikazi Cecile Kayirebwa wizihiza imyaka 75 y’amavuko.