in

NdabikunzeNdabikunze

Miss Pamella areruye ku rukundo rwe na The Ben.

Miss Uwicyeza Pamella uherutse kwambikwa impeta na The Ben yeruye ahamya ko urukundo rwabo rutagingiye kandi rugiye kuba urw’ibihe byose.

Ni nyuma y’aho tariki 17 Ukwakira 2021 The Ben yamusabye kuzamubera umugore , amwambika impeta y’urukundo, ubwo bari ku birwa bya Maldives. Nyuma nibwo Pamella yanyarukiye kuri instagram ye maze ashyiraho amashusho y’uburyo ibirori byo kumwambika impeta byagenze arangije yandikaho ati:” iyi ni intangiriro y’urukundo rw’akaramata.”

Ni ubwa mbere Pamella avuze yeruye ku rukundo rwe na the Ben ubundi yajyaga atanga ibitekerezo (comment) kubyo The Ben yabaga yashyize ku mbuga nkoranyambaga akoresheje utu emoj tw’imitima.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku myaka 68 ntararyamana n’umugabo na rimwe, amayeri yakoresheje arayavuze.

RUHANGO: Umugore yaroze abantu batanu bo mu muryango umwe barasara(Video).