in

Rihanna n’umuryango we bagarutse mu isura nshya-AMAFOTO

Rihanna n’umuryango we bagarutse mu isura nshya.

Nyuma y’igihe gito Rihanna atangaje ko atwite undi mwana nyuma yuko imfura ye igiye kuzuza amezi icumi.

We n’umugabo we A$AP Rocky bashyize andi mafoto yabo hanze bishimanye nk’umuryango bari ku mucanga.

Rihanna w’imyaka 34 y’amavuko yakomeje kugira umwana we ibanga gusa kuri ubu hari n’amafoto y’umwihariko y’uyu mwana.

Kuri ubu Rihanna ari mu mubare w’abahanzikazi batunze arenga miliyari y’amadorali.

 

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya APR FC izakina na Etincelles FC idafite abakinnyi 3 bakomeye harimo ufite ikibazo ku bugabo

Twese turaza gupfa vuba aha bidatinze !? (UBUSHAKASHATSI)