in

Twese turaza gupfa vuba aha bidatinze !? (UBUSHAKASHATSI)

Umunyamerika akaba umushakashatsi ndetse akaba yaranigishije muri kaminuza ya  Arizona muri leta ya Arizona  ,bwana McPherson  yahishuye ko vuba aha abantu bose bazapfa.

McPherson yabitangaje mu mwaka wa 2016 , aho uyu mugabo usanzwe ukora ubushakashatsi bwibanda ku buzima n’ibinyabuzima  yahishuriye mu kiganiro The Am Show ko abantu basigaje imyaka igera ku 10 bakaba bapfuye bose bashize.

Icyo gihe akaba yaravuze ko mu mwaka wa 2026  abantu bose bagomba kuba bapfuye bivuye ku kuba  ngo icyo gihe bizaba bitewe n’imihindagurikire y’ikirere izatuma ibyo kurya byumagara bikanga kwera ,amazi nayo akaba ibura ku buryo abantu bose bazapfa bishwe  n’inzara ndetse n’umwuma.

Icyakora nyuma yo kuvuga ibi ,uyu mugabo yaje kuvuguruzwa n’abandi bahanga mu birebana n’iteganyagihe ndetse n’imihindagurikire y’ikirere bavuga ko ibyo yavuze yabikabirije .

Ariko nanone nyuma McPherson aza kuvuga ko abizi neza ko bamwe muri aba bahanga bemeranya nawe ku byo avuga ariko batapfa kubivugira ahabona ngo bemeranye nawe gusa nanone akavuga ko we yerekanye icyo ubushakashatsi bwe bwagezeho  igihe abantu badashaka kubyizera ntacyo  we yabikora.

McPherson yizera ko mu mwaka wa 2023 abantu bose baza bitabye Imana
McPherson yizera ko mu mwaka wa 2023 abantu bose baza bitabye Imana

Source :  News Hub

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
4 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Gogo
1 year ago

Cyakora byanashoboka kuko ikirere cyarahindutse cyane rwose

Nambajimana valens
Nambajimana valens
1 year ago

Ndumva uwo mugabo McPherson akwiye gukatirwa imyaka ingana nikatirwa abafashwe mumitwe yiterabwoba🙈🙈 uko nukwica ubwonko bwa rubanda ❤️🤖🤖

NtamyakaIjana

Salumu kanakuze
Salumu kanakuze
1 year ago

Sibwo dushigaje imyaka itatu tukarangira
Nukurya utwange vuba da

Emmy
Emmy
1 year ago

Hahahahahahaa kabaye

Rihanna n’umuryango we bagarutse mu isura nshya-AMAFOTO

Umusifuzi uzaca impaka ku mukino wa Gasogi United na Rayon Sports akomeje gutuma benshi bacika ururondogoro