in

RIB yasabye uwari umunyamabanga wa AS Kigali kwitanga kubera ubwambuzi

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira Thierry yasabye uwahoze ari umunyamabanga mukuru w’ikipe ya AS Kigali Nshimiye Joseph uvugwa mu bwambuzi bushukana bukorewe kuri murandasi kwitanga kuri station ya RIB ya Kicukiro.

Murangira yagize ati “Babiri barafashwe ariko uwitwa Nshimiye Joseph aracyashakishwa. Ngira ngo wenda aho ari afite smartphone,ubu butumwa mubumugezeho.

Nshimiye Joseph na bagenzi be bivugwa ko bifashishije ibisa n’urusimbi bakabinyuza mu ikompanyi yitwa Gold Panning A.I (Artificial Intergency), maze bikubira amafaranga y’abaturage arenga miliyoni 100 Frw.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uko abatoza bo muri shampiyona y’u Rwanda bakurikirana mu guhembwa umushahara mwiza, uwa Rayon Sports ari ku mwanya watunguye benshi

Abapolisi bafatiwe muri iyi parking mu mujyi wa Brookyln

Abapolisi 2 bafatiwe mu modoka bari gusambana icyuya cyabarenze