in

Inkuru mbi kubakunzi ba Rema Namakula ugiye guhagarika gukora umuziki

Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Uganda Rema Namakula uri mubahanzikazi bakunzwe cyane agiye guhagarika gukora ibikorwa byerekeranye n’umuziki.

Rema Namakula nyuma y’uko atandukanye n’umugabo we Eddy Kenzo uri kwisonga mu bahanzi bo mu gihugu cya Uganda mu mwaka 2019 akaza kurushinga na Dr. Hamza Sebunya uyu muhanzikazi yahise ahabwa igihe kigera ku myaka 5 ntarengwa agomba kumara akora umuziki maze nyuma akajya kwita ku muryango we.

Umuhanzikazi Rema Namakula nyuma y’uko Covid-19 ihungabanyije Isi mu mwaka 2019 maze ibikorwa bimwe na bimwe bigahagarara ibi byatumye Godfrey Kirumira yongerera Rema Namakula indi myaka igera kuri 5 akora umuziki bisobanuye neza ko mu mwaka 2029 uyu muhanzikazi azahagarika gukora umuziki maze akajya kwita ku muryango we.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukino wahuje ikipe ya Rayon Sports na Rwamagana City wasubitswe

Umukino wa Rayon Sports na Rwamagana City nyuma yo guhagarikwa, hamenyekanye igihe uzabera