in

Reba ibyiza byo gukora imibonano mpuzabitsina ku mugore uri mu mihango

Abantu benshi batekereza ko iyo umugore ari mu gihe cy’imihango aba atemerewe gukora imibonano mpuzabitsina kubera amaraso aba aca mu gitsina cye, gusa twe twabateguriye ibintu byiza ku mugore ukora imibonano mpuzabitsina ari muri icyo gihe.

1. Bigabanya ububabare

Gukora imibonano mpuzabitsina ku mugore uri mu gihe cy’imihango bishobora kumugabaniriza ububabare yaba afite, nko kuribwa umugongo cyangwa munda n’ibindi.

2. Bigabanya iminsi wamaraga mu mihango

Kuba umugore yakora imibonano mpuzabitsina igihe ari mu mihango bishobora kumugabanyiriza iminsi yamaraga mu mihango niba yari itanu amezi atatu akazashira yarabaye ine.

3. bigabanya amaraso

Hari abagore bazana amaraso menshi cyane igihe bari mu mihango ubundi umugore arangiza imihango azanye 30-40ml y’amaraso, abo rero bageza kuri 40ml aba ari menshi gukora imibonano mpuzabitsina bishobora kugabanya aya maraso.

4. Nta kibazo cyo gutwita

Abagabo benshi bakunda iyo basohoreye mu mugore kandi atambaye agakingirizo, iyo umugore ari mu mihango nta ngaruka yo gutwita iba ihari umugabo yamurangirizamo nta kibazo kuko ibyagakoze umwana nibyo biba bisoka mu gihe k’imihango ku mugore.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda : uwatewe inda afite imyaka 16 yahuye n’akaga gakomeye

Breaking news: Diamond arashaka gutwara Zuchu rwihishwa mama we atabizi