in

Breaking news: Diamond arashaka gutwara Zuchu rwihishwa mama we atabizi

Nyina wa Zuchu, Khadija Omar Abdallah Kopa, yahakanye ibyo kuba umukobwa we yaba yarashyingiranwe mu ibanga rikomeye na Diamond Platnumz.

Mu kiganiro yagiranye na Mbego TV yagize ati: ”Aya makuru ntabwo ariyo umukobwa wanjye ntarasezerana nta n’umukunzi we aranyereka.”

Yongeyeho ko atitezeho Diamond kumubera umukwe ati: ”Umugabo uzifuza ko bashyingiranwa nzamwakira ariko utari Diamond kuko nyeneye umukwe.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba ibyiza byo gukora imibonano mpuzabitsina ku mugore uri mu mihango

Bazambukanye umupaka mpaka no mu Rwanda: Abagabo 2 bagerageje kwiba inka 39 byarangiye isosi yabo iguyemo inshishi