in

Rayon Sports yashyikirije RIB bamwe mu bafana bayo n’abakozi bacuruje amatike ku mukino wayihuje na APR FC ngo bakurikiranwe

Ku mukino wahuje Rayon Sports na APR FC, hagaragaye amanyanga menshi ku kibuga Pelé Stadium, bituma Murera ijyana kuri RIB, bamwe mu bafana bayo 3 ndetse na bamwe mu bakozi ba kompani yari ishinzwe kugurisha amatike.

Radio1 dukesha iyi nkuru ko abo bose bajyanwe kuri RIB kubera gucyekwaho uburiganya mu kwiba amafaranga binyuze mu kugurisha amatike.

Amakuru ava muri Rayon Sports avuga ko RIB iri gukurikirana iby’icyo kibaza aho Murera avuga ko Kompanyi yacuruje amatike ku mukino wabo batsinzwemo na APR FC ibitego 2-0, ishobora kuba yarabibye amafaranga menshi.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni ubwambere gukozaho Tap and Go kuri bus bizajya bisaba 700 rwf ! Dore uko ibiciro by’ingendo byazamuwe mu mujyi wa Kigali hose

Umuntu uri mu modoka wenyine bigenda gute ngo amenye ko yakoze ikosa cyangwa yatsinze? Kigali huzuye ikibuga kizajya gikorerwamo ibizamini byo gutwara ibinyabiziga hakoreshejwe ikoranabuhanga