in

Ni ubwambere gukozaho Tap and Go kuri bus bizajya bisaba 700 rwf ! Dore uko ibiciro by’ingendo byazamuwe mu mujyi wa Kigali hose

Ku munsi wo ku wa kabiri tariki ya 12 Werurwe 2024 nibwo hatangajwe ko ibiciro by’ingendo byazamuwe ndetse ko hakuweho nkunganire yahabwaba abantu ku giciro cy’urugendo.

Ibiciro ntibyazamutse mu ntara gusa cyangwa mu mujyi wa Kigali gusa, ahubwo byazamutse ku ngendo zose zo mu gihugu, ndetse ibiciro byazamutse ku rwego rutari rusanzwe.

Ndetse ni ubwambere mu mujyi wa Kigali habonetse ahantu umuntu azajya agendera 700 Frw kandi yifashishije ikarita izwi nka Tap and Go. Aho twavuga nka Kabuga -Nyabugogo hishyurwa 741 Frw, ndetse DownTown – Kabuga naho hishyurwa 741 Frw. Ndetse ibi biciro bizatangira gukurikizwa tariki ya 16 Werurwe 2024.

Dore uko ibiciro by’ingendo mu mujyi wa Kigali bihagaze.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Umuhanzi The Ben yagaragaye arimo gukora akazi ko kogosha – VIDEWO

Rayon Sports yashyikirije RIB bamwe mu bafana bayo n’abakozi bacuruje amatike ku mukino wayihuje na APR FC ngo bakurikiranwe