in

Polisi yataye muri yombi insore sore ebyiri zibaga zitwaje imihoro, imikasi, inzembe n’ibyuma 

Polisi yataye muri yombi insore sore ebyiri zibaga zitwaje imihoro, imikasi, inzembe n’ibyuma. 

 

Polisi ya Ghana yataye muri yombi abasore babiri bakekwaho  ubwambuzi bwitwaje intwaro.

Aba basore babiri batawe muri yombi nyuma ya videwo yasakaye ku mbuga nkoranyambaga barimo bigamba ko bagiye gukora ubwambuzi butigize buba ahandi.

Ndetse aba basore bavugaga ko bafite intwaro zihagije bityo rero biteguye kubabaza buri muntu wese uzashaka kubarwanya.

Aba basore babiri batawe muri yombi ku bufatanye n’abaturage batanze amakuru yaho baherereye, ndetse bivugwa ko ibyo bigambaga bari basanzwe babikora. Videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kiliziya Gatolika y’u Rwanda yahagaritse indirimbo z’umuhanzi wamenyekanye muri ‘Nyemerera tugendane’ wavuze ko atemera ibya kiliziya byo gusengera abapfuye ngo urubanza rwabo n’Imana rwihute

Sam Karenzi yahururije ikipe ya Kiyovu Sports iri kuvugwamo ibihanwa n’amategeko y’u Rwanda byakozwe na Perezida Mvukiyehe Juvenal