in

Papa yakiriye Abasenyeri bo mu Rwanda

Kiliziya Gatorika ivuga ko ari  mu rwego rw’uruzinduko rwabo i Vatican, ruba buri myaka itanu; aho baba bagiye kuganira n’inzego zinyuranye z’ubuyobozi bukuru bwa Kiliziya.

Antoine Cardinal Kambanda Yavuze ko ubutumire bwe bwageze ku ba Episikopi bo mu Rwanda mu ntangiriro z’Ukuboza, 2022.

Byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Werurwe, 2023.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ipusi ifite amezi atandatu yatabaye umuryango w’abantu 6 (AMAFOTO)

Keza Terisky avuze amagambo akomeye yakoze ku mitima ya benshi nyuma yo kwibaruka imfura ye y’umuhungu