in

“Nzabyara abana 2” Eric Semuhungu yatanze igisubizo ku bamwibazaho bumva ko agiye guca umuryango

Eric Semuhungu wemeye ku mugaragaro ko aryamana n’abo ahuje igitsina, yavuze ko Mama we yamusabye gutera inda akamubyarira umwana gusa ariko ngo we yarabyanze.

Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Chita aho yeruye ku mugaragaro avuga ko yanze gutera inda nk’uko Mama we yabimusabaga buri munsi.

Eric Semuhungu avuga ko ashaka kuzabyara abana 2 hifashishijwe uburyo bwo gutanga intanga. Abajijwe niba we yakiterera inda yavuze ko ari kubitekerezaho ashobora kuzabikora.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi w’umusitari wakiniye amakipe nka Arsenal, River pool n’ayandi ari mu bukene bukabije, aho ashobora gusigara nta naho kuba agira

Umusore yahagaritse ubukwe nyuma yo gusabwa inkwano y’umurengera(video)