in

Nyuma yo kwibasirwa cyane, Meddy yasabye yiyoroheje ikintu kimwe abamwibasira

Nyuma y’igihe kirekire ku mbuga nkoranyambaga ariwe muntu wa mbere wibasiwe, Meddy yicishije bugufi asaba abantu byibuze kuba bakundana nyuma y’uko ibyo avuze byose bihita bisakara mu bantu bakamwibasira.

Ubutumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yagize ati “dukundane basi” ni nyuma y’uko yari amaze kubwira abamukurikirana ko ibitekerezo batanga kubyo atangaza atari byiza nubwo nyuma yo kubasaba ngo dukundane nubundi hari abamwibasiye.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Isa
Isa
1 year ago

Meddy mumureke,yiburiye mama we ,kubura maman si ikintu barakundanaga cyaane,none aho mwamufashe mu mugongo muri kumusebya,Meddy ni umuntu nkabandi kuki mushaka kumubabaza muvuga ibyo mutazi koko,uko yaba ameze kose abarenzeho

Kicukiro: Imodoka ikoze impanuka yinjira mu ishuri uwari uyitwaye akora igikorwa cy’ubunyamaswa – AMAFOTO

Juvenal Mvukiyehe wa Kiyovu yariye karungu, yatangaje ibiri bukurikireho mu gihe FERWAFA idahannye APR FC