in

“Nubwo mutsinzwe ariko harimo ibyo kwishimira” Umunyamakuru Sam Karenzi yagize icyo avuga nyuma yo kureba umukino wa APR Fc na Rayon Sports

Umunyamakuru w’imikino  kuri radiyo  Fine FM, Sam Karenzi nyuma yo kureba umukino  wahuje APR Fc na Rayon  Sports, yagize  icyo atangaza.

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Sam Karenze yagize ati” Ngo inyombya bayirashe amatama yombi iti amagambo ashize ivuga. 3-0 ni byinshi. Rayon Sports mukomereze aho.”

“Pole kuri Apr Fc, nubwo mutsinzwe ariko harimo ibyo kwishimira. Turebye ihangana riryoshye (derby) birahagije.”

Uyu mukino mu guhatanira igikombe cya Super Cup warangiye Rayon Sports itwaye igikombe APR Fc, nyuma yo kuyitsimda ibitego  3-0.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ni ubwa gatatu tuyitsinda” Perezida wa Rayon Sports yishongoye kuri APR FC ndetse maze anaha ubutumwa bwa kigabo Perezida wa APR FC

Akomeje kuyiba ntamiyaga! Rutahizamu wa APR FC wigaragaje rimwe akomeje kunyuzwamo ijisho n’abafana kubera umusaruro we ari gutanga