in

“Ni ubwa gatatu tuyitsinda” Perezida wa Rayon Sports yishongoye kuri APR FC ndetse maze anaha ubutumwa bwa kigabo Perezida wa APR FC

“Ni ubwa gatatu tuyitsinda” Perezida wa Rayon Sports yishongoye kuri APR FC ndetse maze anaha ubutumwa bwa kigabo Perezida wa APR FC.

Nyuma y’umukino, Perezida wa Rayon Sports Uwayezu Jean Fiedel yaganiriye na IGIHE.

Yavuze ko yashimishijwe n’iyo ntsinzi bakuye kuri mukube ndetse anabibutsa ko ari inshuro ya gatatu bayitsinda.

Nyuma y’ubwo butumwa, Perezida wa Rayon Sports yanahaye pole Perezida wa APR FC watsinzwe ku mukino wa Super Cup.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hitabajwe izindi mbaraga! Barangajwe imbere n’inkumi z’uburanga, Aba-Rayon bafunze umuhanda ubundi bawuhindura urubyiniro kugeza hitabajwe izindi mbaraga (AMAFOTO)

“Nubwo mutsinzwe ariko harimo ibyo kwishimira” Umunyamakuru Sam Karenzi yagize icyo avuga nyuma yo kureba umukino wa APR Fc na Rayon Sports