in

Akomeje kuyiba ntamiyaga! Rutahizamu wa APR FC wigaragaje rimwe akomeje kunyuzwamo ijisho n’abafana kubera umusaruro we ari gutanga

Akomeje kuyiba ntamiyaga! Rutahizamu wa APR FC wigaragaje rimwe akomeje kunyuzwamo ijisho n’abafana kubera umusaruro we ari gutanga.

Rutahizamu Victor Mbaoma waje atsinda Marine Fc ibitego bitatu, akomeje kugaragaza intege nke.

Nyuma y’umukino wa Marine Fc, uyu rutahizamu amaze gukikana umukino ibiri gusa ntabwo yigaragaza.

Abafana batangiye kumucyemanga ku mukino wa Mukura VS none bikomereje no kuri Rayon Sports aho yavuyemo ateye umupira mbarwa mu izamu.

Igitutu gikomeje kuba cyinshi kuri APR FC nyuma y’aho iguriye abakinnyi b’abanyamahanga.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Nubwo mutsinzwe ariko harimo ibyo kwishimira” Umunyamakuru Sam Karenzi yagize icyo avuga nyuma yo kureba umukino wa APR Fc na Rayon Sports

Ifoto y’umusore mureremure mwiza ushingute wari wambaye ikote ryiza ubwo yari ari kudandaza inkweto ikomeje gusiga inkuru i musozi