in

Burya ntakure cyane Imana itagukura: Na we ihere ijisho ifoto y’ibyamamare birangajwe imbere na Bruce Melodie bakiri mu buzima bugoranye

Burya ntihazagire umuntu uguca intege mu buzima niba uzicyo ushaka kuzageraho mu buzima bwawe kuko nta kure cyane Imana itagukura.

Urebye amashusho y’umuhanzi Bruce Melodie umaze kubaka izina ku rwego rw’Isi mu myaka yahambere na we yari mubantu baciriritse gusa kubera gukora cyane amaze kugera kuri byinshi buri wese akwiriye ku mwigiraho.

Bruce Melodie hamwe na Amaji The Black ndetse na Njuga nabandi murabona mu ifoto bahoze ari abantu bishakisha kandi badafite ibirenze ariko ibikorwa byabo byashimwe n’Uwiteka ubu nabo babaye abatunze agatubutse.

Na we ihere ijisho ifoto y’ibyamamare bitandukanye hano mu Rwanda mu myaka yahambere:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Abanyamakuru mujye mu kuzimu” Wa mugore urwaje Dr Kanimba urembeye yatutse abanyamakuru bari gushaka kumenya ukuri (VIDEWO)

Amavarisi 15 inyuma ye ! Ikimenyetso cya nyuma cy’uko Lionel Messi yasubiye muri FC Barcelona