in

“Abanyamakuru mujye mu kuzimu” Wa mugore urwaje Dr Kanimba urembeye yatutse abanyamakuru bari gushaka kumenya ukuri (VIDEWO)

Mu minsi yashize nibwo hasohotse intabaza kuri Dr Kanimba urembeye mu rugo.

Uyu muganga arwajwe n’umugore wabyaranye na mukuru we.

Umuryango wa Kanimba uvuga ko ibyo gusaba ubufasha byagaragaye mu itangazamakuru batari babizi.

Abanyamakuru bafashe iya mbere mu kumenya inkunga iri guhabwa Dr aho iri kujya.

Mu bucukumbuzi, bavumbuye ko amafaranga yose agenzurwa n’uwo mugore umurwaje ndetse binavugwa ko atajya yemerera abandi bantu kwegera umurwayi.

Uyu mugore urwaje Kanimba yabwiye abanyamakuru kujya mu kuzimu nyuma yo kuvuga ko ari gukoresha Dr mu nyungu ze bwite.

AMASHUSHO

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunsi ubaye uwa 3 bataraboneka: Abaturage bafite ababo bagwiriwe n’ikirombe bagizicyo basaba Leta(video)

Burya ntakure cyane Imana itagukura: Na we ihere ijisho ifoto y’ibyamamare birangajwe imbere na Bruce Melodie bakiri mu buzima bugoranye