in

Ntibisanzwe: umugore ubana n’injangwe zirenga 1000 akomeje gutangaza abantu

Umugore w’imyaka 70 y’amavuko uzwi nka Mrs Lattanzio akomeje gutangaza abatari bake nyuma y’aho ahishuriye ko abana n’injangwe zirenga 1100 mu nzu ye.

Uyu mugore ubarizwa i Califonia yororera izi njangwe mu cyanya kinini cya hegitari 12, aho ziba zisanzuye. Inzu ye irimo ibitanda bitanu araranaho n’injangwe ze.

Uyu mugore yatangiye kurora izi njangwe nyuma yo gutandukana n’umugabo we.Avuga ko ari ku isonga ry’abantu bafite injangwe nyinshi ku isi .Yagize ati:”Ndashaka kuvuga ko ndi ku isonga ku rutonde rw’abantu bafite injangwe zidasanzwe, maze kubana n’injangwe zirenze 2800.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo umugabo yakoreye umuryango we biteye agahinda

Aborozi baturiye ishyamba rya Gishwati baratabaza nyuma yaho Inyamanswa itaramenyekana iri kurya Inka zabo (Amafoto)