in

Ibyo umugabo yakoreye umuryango we biteye agahinda

Nyiransabimana clotilde yitangariza ko we n’umugabo mbere bari babanye neza ndetse bafite ubuzima bwiza byose bihinduka ubwo babyaraga umwana wabo Isaac nyuma y’uko umugabo abonye umwana avukanye ubumuga.

Mu gahinda kenshi avuga ko umugabo we yabyutse umunsi umwe maze ahita agenda nyuma yo kutakira ko yabyara umwana ufite ubumuga.

Umugabo kuva yagenda yahise ashaka undi mugore we avuga ko abyara abana bazima ,ibintu bibabaza clotilde dore ko banaturanye mu gace kamwe aho akunze guca ku mwana we Isaac ntabe yagira n’icyo amufasha  kandi ubuzima barimo bugoye kubera ubukene.

Akenshi bigora kubwira abana be impamvu se yabataye kandi bamubona aho hafi mu gace batuyemo,ibintu clotilde avuga ko azabasobanurira nibamara gukura dore ko ubu Isaac agize imyaka 5.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Manchester United yitandukanyije na Mason Greenwood wongeye gufungwa azira gufata k’ungufu ndetse n’iterabwoba ryo kwica.

Ntibisanzwe: umugore ubana n’injangwe zirenga 1000 akomeje gutangaza abantu