in

Niwe muntu udashobora guhitanwa n’impanuka uko yaba imeze kose bitewe n’ukuntu ameze mu maso -AMAFOTO

Graham ni ikiremwa giteye nk’umuntu cyakozwe, uyu yakozwe n’abahanga mu bya siyansi, bakaba bari bagamije kwerekana ibisabwa ku mubiri w’umuntu kugira ngo abashe kuba yarokoka impanuka y’imodoka, uko yaba iteye kose.

Graham rero ni ikiremwa (robot) cyakozwe n’ikigo Transport Accident Commission (TAC) by’umwihariko abahanga barimo uwitwa Patricia Piccinini, Dr.

David Logan na Christian Kenfield usanzwe ari inzobere mu bijyanye n’imvune.

Aba bihurije hamwe ndetse begeranya ibitekerezo, byavuyemo ikiremwa kigamije kwereka isi, ibikenewe ku mubiri w’umuntu, kugira ngo ajye agenda mu muhanda afite umutekano ndetse atikanga kwicwa n’impanuka isaha iyariyo yose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibimenyetso bitandukanye n’ibyo wari uzi bizakwereka ko urwaye SIDA

I Kigali, umugore n’umugabo basanzwe mu nzu bapfuye bikekwa ko baba bicanye