in

Niryo jambo rikubiyemo ayandi yose! Mu byaranze ubukwe byose Miss Uwicyeza Pamella yikoze ku mutima maze abwira umugabo we ijambo rimwe twakita ko rihatse ayandi -IFOTO

Umunyarwandakazi wabaye Nyampinga w’u Rwanda uzwi kw’izina rya Miss Uwicyeza Pamella yahaye The Ben isezerano ko azhora amwubaha.

Ni mu butumwa Pamella yashyize ku rukuta rwe rwa X abukurikije ifoto yo mu muhango wo gusaba no gukwa, yagize Ati “Nzahora nkubaha” arenzaho n’utumenyetso tw’umutima.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Zari Hassan wabyaranye na Diamond, nyuma yo gushaka umusore arusha imyaka 12 yahise yirukana abahungu be ngo bamuvire mu rugo

Nyuma yo gusaba no gukwa akazi karakomeje! Umuhanzi The Ben yahaye akayabo k’amafaranga umuntu wabashije kuvumbura izina ry’indirimbo agiye gusohora