in

“Ngewe ndi umukene ndabyemera” Amafoto y’imodoka y’igiciro gihanitse ya Perezida wa Rayon Sports Uwayezu Jean Fidel wavuze ko ari umukene

Kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Kamena 2023, Perezida w’ikipe ya Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidel ubwo yari mu kiganiro na radiyo 10, yabajwijwe impamvu iyi kipe yari idaheruka gusokera igihugu ndetse anabazwa ku bukene buvugwa muri iyi kipe.

Yasubije agira ati “Ngewe ndi umukene ndabyemera, ariko se Aba – Rayon bose ni abakene? None se Rayon Sports iheruka gusohoka ni iyo mu Burusiya? Ntacyoroshye tuzashyirahamwe.”

Uyu mugabo yavuze ko ari umukene mu gihe atunze imodoka y’igiciro gihanitse, itagurwa na buri wese i Kigali.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yari yawuraranye! Umugabo yazindutse iya rubika maze asiga umugore we mu buriri ni uko ajya kwinezeza ku ndaya gusa ariko byaje kuragira ayiguye mu maguru

Yari afite imyanya y’ibanga ibiri! Umugore wari ufite amaguru ane n’imyanya y’ibanga ibiri, akomeje gutangaza abatari bake (AMAFOTO)