in

Yari yawuraranye! Umugabo yazindutse iya rubika maze asiga umugore we mu buriri ni uko ajya kwinezeza ku ndaya gusa ariko byaje kuragira ayiguye mu maguru

Umugabo yazindutse mu gitondo kare cyane asiga umugore we mu buriri maze ajya kwinezeza ku ndaya gusa ariko byaje kuragira ayiguye hejuru.

Umugabo yasanzwe yapfuye nyuma yo kuzinduka yinezeza n’indaya.

Nk’uko byatangajwe ku rubuga rwa Twitter n’uwitwa Bolanlecole, yavuze ko uyu mugabo yataye umugore we mu buriri maze ajya kwinezeza ku ndaya.

Akomeza avuga ko uyu mugabo yavuye iwe saa 5:30 za mu gitondo ni uko maze agahita ahitira mu nzu y’undi mugore aho baje kwinezeza by’abakuru ni uko biza kurangira nyamugabo ahasize ubuzima.

Umugore wa yakwijyendera yahurujwe n’umwe mu nshuti y’umuryango aho yari yanze kubyemera ni uko abyemera ari uko abonye umurambo.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibimenyetso 8 bizakwereka ko umukobwa at agukunda namba 

“Ngewe ndi umukene ndabyemera” Amafoto y’imodoka y’igiciro gihanitse ya Perezida wa Rayon Sports Uwayezu Jean Fidel wavuze ko ari umukene