in

Ndimbati avuze ikintu gikomeye akumbuye cyane.

Umunyarwenya Uwihoreye Jean Bosco Mustafa uzwi nka Ndimbati yavuze ko mu buzima akumbuye kongera gukora umuganda.

Uyu mugabo umaze kuba ikimenyabose kubera uburyo asetsa ndetse na filime zisetsa agaragaramo,yanyarukiye kuri instagram ye maze atangaza ko akumbuye gukora umuganda.Yagize ati: “nkumbuye cyane umuganda, ibindi bikorwa byose byarakomorewe ari umuganda nturakomorerwa,nkumbuye umuganda rwose”.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Udushya twa iPhone 13 igiye kujya hanze mu minsi ya vuba

Umukobwa wo mu bakire yabenze umusore w’umukene ||ibyamubayeho nyuma ni isomo rikomeye.