in

“Ndashima Imana ko yakongereye umwaka wo kubaho, kugira ngo ukomeze umpe ibyishimo mu buryo bwose” mu magambo asize umunyu, umunyarwenya Bishop Gafaranga yatakagije umugore we baherutse gusezerana kubana mu bibi no mu byiza

“Ndashima Imana ko yakongereye umwaka wo kubaho, kugira ngo ukomeze umpe ibyishimo mu buryo bwose” mu magambo asize umunyu, umunyarwenya Bishop Gafaranga yatakagije umugore we baherutse gusezerana kubana mu bibi no mu byiza.

Mu mitoma myinshi Bishop Gafaranga yifurije isabukuru nziza y’amavuko umugore we Murava Annette.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Bishop Gafaranga yasangije abamukurikirana ifoto ari kumwe n’umufasha we Annette Murava ayikurikiza ubutumwa amubwira ko amukunda, avuga ko uyu mwaka ari akataraboneka kuko ariyo sabuku ya mbere agize kuva batangira kubana nk’umugore n’umugabo.

Yagize “Happy birthday my love❤️!Habayeho imyaka myinshi kuri wowe no kuri njyewe ark uyu mwaka wo ni akataraboneka ubwo ugize isabukuru ndi kumwe nawe ni umunezero 🎂🎂🎂 @muravaannette”

Yakomeje agira ati “Isabukuru nziza Mugore wanjye Nkunda,ndashima Imana ko yakongereye umwaka wo kubaho,kugirango ukomeze umpe ibyishimo mu buryo bwose❤️ kandi nanjye nkomeza kuguha ibyishimo mu buryo bwose,nezezwa n’uburyo unyitaho n’uburyo undwanira ishyaka 💪Komeza utere imbere mu buryo bw’umwuka no mu buryo bw’umubiri,ndetse nkwifurije kugera ku nzozi zawe.Happy birthday my love ❤️bizou!!!! @muravaannette.”

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ahari ubanza aziko amafaranga bayacukura! Umukobwa witwa Shakilla w’ikizungerezi yavuze icyo byasaba umusore ushaka ko yamubera umugore gusa birahambaye – AMAFOTO

Amakuru agezweho: Hasohotse inkuru ibihiye amatwi abantu bose bakunda ikipe ya Chelsea FC yo mu gihugu cy’u Bwongereza