in

Amakuru agezweho: Hasohotse inkuru ibihiye amatwi abantu bose bakunda ikipe ya Chelsea FC yo mu gihugu cy’u Bwongereza

Amakuru agezweho: Hasohotse inkuru ibihiye amatwi abantu bose bakunda ikipe ya Chelsea FC yo mu gihugu cy’u Bwongereza.

Ikipe ya Chelsea FC itaragize umwaka mwiza w’imikino iri mwihurizo rikomeye nyuma yo kuvunikisha rutahizamu wayo wari witezweho byinshi kandi akaba ashobora kumara igihe kinini hanze y’ikibuga.

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa Christopher Nkunku wari ngenderwaho muri Chelsea yagize imvune ishobora gutuma uyu musore amara igihe cy’amezi atatu adakandagira mu kibuga.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ndashima Imana ko yakongereye umwaka wo kubaho, kugira ngo ukomeze umpe ibyishimo mu buryo bwose” mu magambo asize umunyu, umunyarwenya Bishop Gafaranga yatakagije umugore we baherutse gusezerana kubana mu bibi no mu byiza

Ntawahenze undi pe! Couple z’ibyamamare Nyarwaya ziberanye zitagaragaramo ubusumbane (AMAFOTO)