in ,

“Nabo bazanshake”! Umushoramari muri muzika Dad Rama yeruye atangaza ko atazigera akora ikosa ryo gushaka umugore -AMASHUSHO

“Nabo bazanshake”! Umushoramari muri muzika Dad Rama yeruye atangaza ko atazigera akora ikosa ryo gushaka umugore.

Umushoramari muri muzika Mupende Ramadhan wamamaye cyane ku izina rya Bad Rama mu ruganda rw’imyidagaduro hano mu Rwanda washinze The Mane Music Label ubwo yari mu kiganiro The Choice Live ku Isibo TV yatangaje ko atazigera ashaka umugore ahubwo ko nabo bagomba gufata iya mbere bakamushaka.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yahagaritse ubukwe ku munsi nyirizina nyuma yo kumenya ko Umukobwa agiye kurongora yaraye avuye gusezera mu gitanda undi musore

Rayon Sports ntirimo! Itangazo rya FERWAFA ku makipe yose yo mu Rwanda havuyemo Rayon Sports yariye umwenda ikaba itari yawishyura