in

Musore/mugabo wiba umwana nubona ibi bimenyetso uzamenye ko umugore muri mu gikorwa cy’urukundo ageze ku byishimo by’indunduro umufashe

Hari abagabo benshi batajya bamenya ko abagore babo barangije, bakabana imyaka n’imyaka ariko atazi niba umugore we ajya arangiza, gusa hari n’abagore batajya bamenya uko barangiza cyangwa n’ibindi bijyanye nabyo, nko kuzana amavangingo n’ibindi.Musore/mugabo ibi byagufasha kumenya niba koko umugore murimo gutera akabariro agiye kurangiza ukamufasha kugera ku byishimo by’indunduro.

Ku bamenyereye gutera akabariro ntibigoye kumenya ko umugore yarangije cyangwa ko arimo kurangiza, wumva atangiye guhumeka cyane no gusohora amajwi, ubwo mu myanya myibarukiro ye hariyegeranya cyane ukumva igitsina kirimo kubyiga icy’umugabo kikabura aho gikwirwa, ahubwo utabimenyereye wagira ngo mu gitsina hari ikintu kidasanzwe kihabaye.

Ibyo byose ariko ni ku mukunzi mumenyeranye utaguhisha, naho ubundi abagore ni abahanga ashobora kwikora ibyo byose akakubwira ko yarangije kandi atarangije.

Umugore urimo kurangiza ashobora kukwiyegereza cyane, ukumva arimo kugukurura ngo umwinjiremo cyane, nawe rero uba ugomba gukomeza kumushimira ahamuryoheye.

Umugore urimo kurangiza ashobora gusakuza, cyangwa agashinyiriza, bitewe n’uburyo yakiramo ibyishimo, hari abaseka cyane, hari n’abavuga nk’abarimo gutaka, aha bisaba ubushishozi.

Umugore urimo kurangiza cyangwa se ugiye kurangiza, arirekura wese, agafungura amaguru, ku buryo ubona ko arimo kuryoherwa cyane, iyo bishobotse arakurata, akagushimagiza, abivuga mu majwi nawe wumva agutunguye cyane.

Ngayo nguko na we nubona bigenze bityo uzirinde guhita urangiza ahubwo ukomeze umufasha kurangiza mwembi muryoherwe n’ijoro ryurukundo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birababaje: abari batashye ubukwe byarangiye bari mu bitaro

The Ben yibasiwe bikomeye n’umufana we