in

The Ben yibasiwe bikomeye n’umufana we

Umuhanzi Mugisha Benjamin azwi nka The Ben yibasiwe n’umufana we ,wamubwiye amagambo akomeye cyane.

Ni nyuma y’ifoto The Ben yari amaze gushyira hanze nyuma y’igitaramo cy’amateka aherutse gukorera mu Rwanda. Uyu mufana yahise ajya ahandikirwa ubutumwa muri Comments maze yibasira the Ben ndetse amwita umunyabinyoma.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Justin
Justin
1 year ago

Ariko se abanyarwanda tujye tumenya gushima ubu koko nkuyu muntu niba yari muri Alena ari mubiki ibyo yakoze ntanundi muhanzi uzabikora mn ben araririmba abandi batuze bakurikire umwami

Musore/mugabo wiba umwana nubona ibi bimenyetso uzamenye ko umugore muri mu gikorwa cy’urukundo ageze ku byishimo by’indunduro umufashe

Sheebah Karungi uri mu Rwanda yatunguwe na Ariel Wayz (Video)