in

Mushyoma Joseph yavuze ko EAP iri gutegura gufasha Junior Multisystem mu buryo bugoranye

Umuyobozi mukuru wa Eap Mushyoma Joseph uzwi ku mazina ya Boubou yatangaje ko gutegura igitaramo cyo gufasha Producer  Junior Multisystem bigoye ariko bishoboka.

Mushyoma Joseph avuga ko abantu babyiyumvamo ku giti cyabo aribo bashobora kumwegera bagafasha Junior urembeye mu rugo iwe.

Ni mu kiganiro East African Promoters bagiranye n’itangazamakuru uyu munsi ku wa gatatu tariki 14 Ukuboza 2022.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda: n’agahinda kenshi umubyeyi aratabariza abana be barengeje imyaka 40 baranze gushaka

Akimara gutandukana na Kadaja yari yarambitse impeta, Harmonize yahise yipimisha SIDA