in

Akimara gutandukana na Kadaja yari yarambitse impeta, Harmonize yahise yipimisha SIDA

Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika Harmonize nyuma yo gutandukana na Kajala kunshuro ya 2, ndetse yaranamwambitse impeta y’urukundo yagiye kwipimisha agakoko gatera SIDA.

Umuhanzi Harmonize n’umukinnyi wa Filime wamamaye nka Kajala bari bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo nk’uko yagaragazwaga nabo ubwabo binyuze kumbuga zabo.Nyuma y’igihe gito batandukanye , umuhanzi Harmonize, yagiye kwipimisha agakoko gatera SIDA ngo arebe niba atarandujwe n’uyu mukunzi we.

Ku munsi wo ku wa Kabiri nibwo umuhanzi Rajab Abdul Kahal wamamaye nka Harmonize yagaragaje ko yagiye kwipimisha aga koko gatera SIDA.

Harmonize yashyize ibizamini kuri ‘Story’ ye ya Instagram nyuma yo kubifata.Mu magambo yanditse yaragize ati:”Done ..”, Arangije yerekana

ko basanze ari ‘Negative’.Uyu muhanzi kandi yerekanye n’amashusho y’ibihamya kugita ngo yemeze neza ko yapimwe bagasanga ari muzima.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mushyoma Joseph yavuze ko EAP iri gutegura gufasha Junior Multisystem mu buryo bugoranye

Mugabekazi Liliane wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yongeye gushyira hanze amafoto agaragaza ibibero bye