in

“Murohamye mu kivu muzikura hariya mu nyanja itukura?” APR FC ikomeje guhabwa urw’amenyo ku rubuga rwa X nyuma yo kunanirwa gutsinda Marine Fc

“Murohamye mu kivu muzikura hariya mu nyanja itukura?” APR FC ikomeje guhabwa urw’amenyo ku rubuga rwa X nyuma yo kunanirwa gutsinda Marine Fc.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo ikipe ya APR FC yanganyaga na Marine FC mu mukino wa shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda.

Banganyije ibitego bibiri kuri bibiri.

Nyuma yo kunganya, abafana batandukanye batangiye kuyigarukaho ku rubuga rwa Twitter.

Binyuze kuri konti ya APR FC, abafana bagaragaje amarangamutima yabo nyuma yo kubona tweet ivuga ko bacyuye inota rimwe imbere ya Marine Fc.

IBYO BAVUZE.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Amase iyo yumye aba igishwema, uri IGISHWEMA CY’AMASE” Munyakazi Sadate yagutukiye abasore bo kuri Twitter bigize inshyanutsi bashatse kumushyanukaho ubwo yari ari kubwira amagambo yihumure Miss Muheto Divine wari wakoze impanuka bikitirirwa amaco yo gusaba happiness

Umuyobozi w’ikipe y’abagore, yafatiranye umukinnyi aramusambanya kugeza amuteye inda none bombi birukanwe igitaraganya