in

“Amase iyo yumye aba igishwema, uri IGISHWEMA CY’AMASE” Munyakazi Sadate yagutukiye abasore bo kuri Twitter bigize inshyanutsi bashatse kumushyanukaho ubwo yari ari kubwira amagambo yihumure Miss Muheto Divine wari wakoze impanuka bikitirirwa amaco yo gusaba happiness

“Amase iyo yumye aba igishwema, uri IGISHWEMA CY’AMASE” Munyakazi Sadate yagutukiye abasore bo kuri Twitter bigize inshyanutsi bashatse kumushyanukaho ubwo yari ari kubwira amagambo yihumure Miss Muheto Divine wari wakoze impanuka bikitirirwa amaco yo gusaba happiness.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa Twitter, Munyakazi Sadate yahumurije Miss Nshuti Muheto Divine wakoze impanuka.

Yagize ati: “Hamwe n’Umuryango wanjye, nihanganishije, MissRwanda2022, Muheto nshuti wakoze Impanuka, Imana ikomeze ikwiteho kdi ibyiringiro byanjye nuko umera neza.”

Nyuma yo kwandika gutyo abasore bo kuri Twitter bahise bamwataka, gusa yabagutukiye karahava.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Kuva icyo gihe nahise nkurwarira indege” Umunyamakuru wa RBA mu mikino yarwariye indege Alyn Sano nyuma yo kumubona yambaye akenda k’imbere kanditseho amazina ye

“Murohamye mu kivu muzikura hariya mu nyanja itukura?” APR FC ikomeje guhabwa urw’amenyo ku rubuga rwa X nyuma yo kunanirwa gutsinda Marine Fc