in

Muhanga: Amayobera ku mugabo waguye mu bwiherero akurwamo umwuka wamushijemo

Umuturage witwa Sebyenda Jeanvier wo mu Karere ka Muhanga wari waguye mu bwiherero yakuwemo yapfuye, umurambo we ukaba wajyanwe mu bitaro bya Kabgayi ngo ukorerwe isuzuma.

Abaturage bahise batabarira hafi ariko biba ibyubusa baje gusanga yapfuye ariko bayoberwa icyamwishe kuko ubwo bwiherero nakibazo bufite.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bicyekwa ko umukinnyi aha umutoza icyacumi! Uko Haringingo Francis yakomeje kwitambika ubuyobozi bwa Rayon Sports ubwo bashakaga kwirukana Boubacar Traore wabahombeye bikabije

Umushabitsi Judy Boss Lady utajya ubura udushya ubu ari mu munyenga w’urukundo n’umusore w’ibigango -AMAFOTO