in

Mu mafoto :Reba uburyo isi yagiye ihindagura abayituye🤣🤣

Umunyarwanda yabivuze neza ati:”bucyana ayandi ” arongera ati:”ibihe biha ibindi”,nibyo koko hari ibyo tubona uyu munsi ariko uko imyaka igenda ishira indi igataha bikagenda bihinduka cyangwa se ibyo twari tumenyereye bigasimburwa n’ibindi.

Muri iyi nkuru yacu y’uyu munsi tugiye kurebera hamwe amwe mu mafoto agaragaza uko isi yo hambere yagiye ihinduka,uko ibintu kera byabaga bimeze ariko nyuma yaho bigahinduka mu bundi buryo, urugero nko mu myambarire, imigenzereze y’abantu cyangwa se ubusabane bw’abantu n’abandi bugasimbuzwa ikoranabuhanga rigezweho n’ibindi…

aha turabona itandukanyeniro ry’inyogosho yurubyiruko ,n’umusaza ufite uruhara.
Kera telefoni yakoreshwaga n’umuryango wose kuko yari imwe ,ariko ubu telefoni zatumye abantu batacyunze ubumwe.Buri wese ahugiye mu bye.
Imyambarire ya kera n’iyubu nabyo biratandukanye.
Itandukaniro hagati yikoranabuhanga rya kera nubu ngubu.Kera basomaga ibinyamakuru mu mpapuro,ubu ni kuri murandasi.
Mu rukundo naho byahinduye isura.
No mu bategetsi hajemo impinduka.
Na none imyambarire yabagabo nurubyiruko rwubu si nka kera.(pocket down)zigezweho
Ab’ubu baryama bumva imiziki,ntibyabagaho

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuslay Queen yatunguye abatari bake kubera ibyo yakoreye mu rusengerero.

Birangiye Rayvanny yegekunye umutima wa wa mukobwa muto wendaga kumushyira mu mazi abira.