in

Mu gitaramo Kenny Sol yakoreye i Burundi hajemo kidobya ubwo yari ari ku rubyiniro

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Gashyantare 2023 nibwo umuhanzi nyarwanda Kenny Sol yataramiye I Bujumbura gusa ubwo yari ku rubyiniro yaje kugira kidobya aho umuriro wagiye uyu muhanzi ari ku rubyiniro.

Biteganyijwe ko ikindi gitaramo kiri bube kuri uyu wa Gatandatu taliki 11 Gashyantare 2023 kibere mu Mujyi wa Gitega ahitwa Lenox.

Kenny Sol yageze i Burundi kuri uyu wa Gatatu tariki 8 Gashyantare 2023 ari kumwe na Dj Brianne bazafatanya muri ibi bitaramo bazakorera muri iki gihugu.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abanyamakuru batashye ubukwe bwa Bishop Gafaranga na Annet Murava bahahuriye n’uruva gusenya

Rubavu: Umugabo akurikiranweho icyaha cyo kwica umugore we akoresheje icupa