in

Moses yabwiye Sadate na KNC amagambo asesereza nyuma yaho basebeje inzu ye akoreramo imideri

Umunyamideli Turahirwa Moses umaze kwamamara kubera inzu ikora imideri yashinze yitwa “Moshions” yasubije abarimo Sadate na KNC bagaragaje ko batishimiye amashusho y’uyu musore asambana n’abagabo bagenzi be.

Abinyujije kuri Instagram Moses yagize ati “Abantu nka Sadate na KNC bashobora kuba baziko Moshions ari akarima ka ba nyina “ ni nyuma y’igihe KNC atangaje ko imyambaro yari yaraguzeyo agiye kuyitwika.

Ni nyuma kandi y’igihe Moses Turahirwa atangaje ko amashusho yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga atari aye ahubwo ko ari ayibwe muri filime mbarankuru igaruka ku buzima yanyuzemo burimo gufatwa ku ngufu n’abagabo bagenzi be b’uruhu rwera.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya ku bafana ba Kiyovu sports bari barafunzwe bazira gukoresha imvugo nyandagazi babwiye Salima Mukansanga

Abakinnyi bakomeye ba Kiyovu Sports bahimbye amazina asekeje rutahizamu Joachiam Ojera watangiye kwigarurira imitima y’abakunzi ba Rayon Sports