in

Mohammed Adil Erradi wareze APR FC muri TAS, yavuze ko atazigera agaruka mu Rwanda ukundi ari umutoza

Mohammed Adil Erradi watandukanye na APR FC bikamuviramo kugana inkiko, yavuze ku birego arega APR ndetse no kuba yatoza indi kipe mu Rwanda.

Mu kiganiro yagiranye na Radio1, Adil yavuze ko yareze APR muri FIFA ntiyanyurwa, aho yiyongeje no muri TAS.

Adil yagize ati: “APR FC yaranyikukanye nagombaga kwirinda, FIFA yanze dossiers ebyiri, njuririra TAS , turategereje.”

Ku bijyanye no kugaruka gutoza mu Rwanda, Adil yagize ati: “Ku bw’icyubahiro ngomba APR FC n’abafana bayo, nta yindi kipe mu Rwanda nzigera ntoza.”

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RGB ivuga ko hejuru ya 75% by’Abapasiteri bo muri ADEPR barangije amashuri abanza gusa ‘Primaire’

Guhora urakaye burya nta keza kabyo! Menya ingaruka mbi ku mubiri wawe ziterwa no kutishima